"Ndizera ko nzatwara ibikombe hamwe n'iyi kipe kuko nyikunda": Gabriel Magalhaes
Uyu musore w’imyaka 27 ukomoka mu gihugu cya Brasil Gabriel Magalhaes azagumana n’ikipe ya Arsenal yo mu bwongereza kugeza 2029, n'ubwo byari biteganyijwe ko azatandukana nayo muri 2027
Ikinyamakuru Sky Sports cyatangaje ko uyu musore amasezerano ye na Arsenal yagombaga kurangira mu 2027, akaba yari ashigaje imyaka 2 ariko yabaye 4 nyuma yo gusinya amasezerano azageza 2029.
Jean D’Amour ISHIMWE
