Amakuru

RUBAVU : Barishimira ko babonye ikigo gishya abagenzi bategeramo...

Ikigo abagenzi bategeramo imodoka gishya cya Gisenyi cyubatswe mu murenge wa Gisenyi,...

NGOMA : Gabanya ifiriti ubuvumo buteye impungenge abahasengera

Abatuye mu mudugudu wa Nyamigina mu kagali ka Gahima mu murenge wa Kibungo mu karere...

NGOMA :Urubyiruko rurasaba koroherezwa kubona udukingirizo

Urubyiruko rwo mu murenge wa Sake mu karere ka Ngoma ahazwi nka Gafunzo ruvuga ko...

KAYONZA: Kudasuzugura umurimo byabahinduriye ubuzima

Abasore n’ inkumi makumyabiri na batanu bo mu murenge wa Mwili mu karere ka Kayonza...

NGOMA :Abarema isoko rya Gafunzo barinubira gusoreshwa...

Abacuruzi n’abahahira mu isoko rya Gafunzo mu murenge wa Sake mu karere ka Ngoma...

RWAMAGANA : Barasaba ko imirimo yo kubaka isoko yakwihutishwa

Abatuye mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana bavuga ko isoko rikuru rya...

KAYONZA:Amatarasi yatumye basezerera inzara

Abahinzi bo mu murenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza bavuga ko kuba barashyiriweho...

KAYONZA :Ubujura buravuza ubuhuha

Abatuye mu murenge wa mwili mu karere ka Kayonza baravuga ko bahangayikishijwe n’abajura...

KIGALI : Bamwe mu bakora mu bigo byigenga bicunga umutekano...

Ibigo byigenga bitandukanye mu Rwanda bifite inshingano zo gucunga umutekano (security...

KAYONZA: Bijejwe amashanyarazi amaso ahera mu kirere

Abatuye ahitwa Nkuba ya Mbere niya Kabiri mu murenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza...

KIGALI :Abiga muri City Infant school biyemeje kurwanya...

Abanyeshuri n’abarezi bo mu ishuri rya City Infant school riherereye mu Mujyi wa...

IBURASIRAZUBA: Abaguzi bakomeje kubogoza kubera ko abacuruzi...

Abaturage bo mu turere twa Ngoma na Kayonza mu ntara y’i Burasirazuba mu Rwanda...

RWAMAGANA : Abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi...

Bamwe mu bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu murenge wa...

KAYONZA: Baracyakoresha amazi mabi

Abatuye ahitwa mu Isangano mu murenge wa Ndego mu karere ka Kayonza bavuga ko bamaze...

NGOMA :Igiciro cy’amagi gikomeje gutumbagira

Guhenda kwa bimwe mu biribwa ni kimwe mu mbogamizi zo gutegurira abana amafunguro,...

KIREHE : Abahinzi bahangayikishijwe no kutagira ubwanikiro

Gahunda yo kubaka ubwanikiro rusange bw’ibigori mu karere ka Kirehe yatangiye mu...