Amafoto: Perezida Kagame ari I Paris mu Bufaransa
Amakuru dukesha urubuga rwa X rw'ibiro by'umukuru w'igihugu Village Urugwiro avuga ko muri iki gitondo cyo kuwa 07 Gicurasi 2025, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we w’Ubufaransa Emmanuel Macron.
Amakuru dukesha urubuga rwa X rw'ibiro by'umukuru w'igihugu Village Urugwiro, avuga ko muri iki gitondo cyo kuwa 07 Gicurasi 2025, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we w’Ubufaransa Emmanuel Macron.
Aba bombi bagiye kuganira ku bibazo byugarije isi, ndetse n’ubufatanye bufatika hagati ya Leta y’U Rwanda ndetse na Leta y’U Bufaransa.
