Minisiteri ebyiri zahawe Abanyamabanga bahoraho bashya
Kuri uyu wa 15 Nyakanga 2026, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi 2 bashya bagiye gufasha mu buyobozi bwa Minisiteri ya Siporo na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi.
Iri tangazo ryasinywe na Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, mu izina rya Perezida wa Repubulika, ryemeje ko aba bakurikira bashyizwe mu nshingano
Ngabo Brave Olivier Yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo.
Bwana Ishungure Parfait Yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi.
Iri tangazo ryasohowe i Kigali ku wa 15 Nyakanga 2026
By Jane Uwamwiza

